skol
fortebet

Umuziki

Ese amateka arimo kwisubiramo? Ibyihishe inyuma y’umwuka mubi wa Bruce Melodie na Coach Gael

Hari inkuru zimwe ziba mu rugendo rw’abahanzi zikaba zidahita zijya ahagaragara, nyamara (…)

Wema Sepetu wari warihebye ari kwisobanura nyuma yo kubyara umwana we wa mbere

Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, (…)

Bruce Melody yasobanuye impamvu asa nuwarushijwe na The Ben i Musanze n’i Nyagatare anatangaza ihangana rishya

Ihangana rimaze igihe rivugwa hagati ya Bruce Melodie na The Ben rishobora kongera gufata indi (…)

Akon yavuze ko ubuzima bwari bworoshye igihe yari afite abagore benshi

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Sénégal ariko uba muri Amerika, Akon, yongeye guteza impaka (…)

Aline Gahongayire yatangije amarushanwa azasiga akoreye indirimbo umunyempano

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yashyizeho amarushanwa (…)

Sheebah Karungi yatangije urugamba rwo kugaragaza abagabo bahohotera abagore

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi, yatangaje ko agiye gutangiza urugamba rwo gushyira (…)

Chris Brown yibarutse umwana wa Kane

Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown yibarutse umwana we wa kane w’umuhungu yabyaranye n’umukunzi (…)

Sat –B yatandukanye na Belle 9ice babyaranye

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi (…)

Peter Okoye yahinduye itariki y’amavuko, ashyira iherezo ku byo yasangiraga n’impanga ye

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Peter Okoye wamamaye nka Mr P, yatangaje ko yahinduye (…)

Tems yavuze ku musore bakundanye wamusigiye igikomere

Umuhanzikazi Tems yongeye kuvuga ku buzima bwe bw’urukundo, agaragaza uko yigeze kunyura mu (…)

Umunya-Niger Moctar yagarutse mu biganiro n’umukunzi we France Mpundu

Moctar uri mu rukundo n’umuhanzikazi France Mpundu yongeye kugaruka mu Rwanda, aho yaherukaga mu (…)

Megan Thee Stallion yajyanywe kwa muganga igitaraganya ari ku rubyiniro i New York

Umuraperikazi w’icyamamare Megan Thee Stallion yajyanywe kwa muganga mu buryo bwihuse nyuma yo (…)

Kirikou yongeye guhembwa imodoka abicyesha indirimbo ye –AMAFOTO

Umuhanzi uri mu bagezweho mu Burundi, Kirikou Akili, yongeye kwigaragaza mu muziki w’iwabo aho (…)

N’abo bagize urugendo rwanjye -Zeo Trap ku mpamvu yiyambaje Kavu Music gusa kuri EP ye

Umuraperi Zeo Trap uri mu bahanzi bakomeje kwiyubaka mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yasobanuye (…)

U Bufaransa: Maître Gims wo muri DRC yatawe muri yombi

Umuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzwi cyane ku izina rya Gims, yatawe (…)