skol
fortebet

Amakuru

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

Mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, umusore yakubiswe na bagenzi be (…)

FDLR ishinjwa kwica umuryango w’abana batanu n’umugore i Rutshuru

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko abantu batandatu bo mu muryango umwe, barimo umugore n’abana be (…)

TIKE YATEGURANYWE UBWITONZI YAMUHESHEJE 1,817,221 Frw!

Uyu ni we Munyahirwe w’lcyumweru! Yegukanye 1,817,221 Frw nyuma yo gukina tike igizwe n’imikino (…)

U Rwanda rwashyikirije Amerika ibimenyetso bishinja RDC ubufatanye na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u (…)

Ni iki cyatumye Guverinoma ya Tanzania yohereza abasirikare n’abapolisi benshi mu mijyi itandukanye

Guverinoma ya Tanzaniya yohereje abasirikare n’abapolisi benshi i Dar es salaam, no mu yindi (…)

Minisiteri ya Light from Heaven ikomeje guhindura ubuzima bw’abana n’urubyiruko ba Busanza

Mu rwego rwo guteza imbere uburezi n’imibereho myiza y’abaturage, Minisiteri Light from Heaven, (…)

Nigeria itegekanya gusaba indishi ku mitungo yasizwe n’abanyagihugu bayo bahunze Afrika y’Epfo

Reta ya Nigeria yatangaje ko izosaba Afrika y’Epfo gutanga inshumbusho ku banyagihugu bayo (…)

REMA igiye gukoresha drones mu gufata abatwika imyanda mu buryo butemewe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) cyatangaje ko mu mpera z’ukwezi kwa (…)

DR Congo ivuga ko Ebola ikiri gusa mu ntara eshatu zo mu burasirazuba

Abategetsi bo mu rwego rw’ubuvuzi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuga ko ikiza cya (…)

Uburusiya bwagabye igitero gikomeye cya misile na ’drone’ i Kyiv cyishe abantu nibura 13

Ingabo z’Uburusiya zagabye igitero gikomeye cyifashishije ’drone’ na misile ku murwa mukuru wa (…)

Igiciro cy’ibikomoka kuri peterori cyagabanutse cyane kubera ibyo Amerika yaganiriye na Iran

Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyaragabanutse ku wa nyuma y’uko hagaragaye icyizere mu (…)

DR Congo: Africa CDC irasaba inkunga yihutirwa ya miliyoni $18 yo gufasha mu igeragezwa ry’imiti ya Ebola

Ikigo cy’Afurika cyo kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC) cyasabye inkunga yihutirwa ya (…)

WASAC yatangaje gahunda yo gusaranganya amazi mu duce dutandukanye tw’igihugu kubera igabanuka ryayo mu mpeshyi

Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group) cyatangaje ko guhera ku wa 1 Nyakanga 2026 (…)

ONU ivuga ko ikiza cya Ebola gishobora gutwara Afurika agera kuri miliyari $3.6

Umuryango w’Abibumbye (UN) watangaje kuri uyu wa kabiri ko ikiza cya Ebola gishobora gutwara (…)